Abo Turibo

Inkomezi.com n’urubuga rukorera kuri murandasi rubagezaho ubutumwa butandukanye, harimwo Ijamo ry’Imana, Ubuhamya, inyigisho rukagura abantu Inama mu ngeri zitandukaye byose bigamije kwagura ubwami bw’Imana

Matayo 24:13, Ariko uwihangana akageza imperuka ni we uzakizwa.

Mariko 13:13 ,Kandi muzangwa na bose babahora izina ryanjye, ariko uwihangana akageza imperuka ni we uzakizwa.

Yohana 8:31,Nuko Yesu abwira Abayuda bamwemeye ati “Nimuguma mu ijambo ryanjye muzaba abigishwa banjye nyakuri,